Abayobozi b’ibigonderabuzima 109 bya Kiliziya Gatolika,barashima inkunga y’ibikoresho byo kwirinda Covid-19 bashyikirijwe na Caritas Rwanda, ikaba ari inkunga yatanzwe na Caritas Internationalis.


Kiliziya Gatolika ibinyujije muri Caritas Rwanda yashyikirije Minisiteri y’Ubuzima ibikoresho bitandukanye bizifashishwa mu kwirinda icyorezo cya COVID-19 ndetse n’ibifasha abarwayi barembye guhumeka.
Bamwe mu baturage bo mu duce dutandukanye two mu turere twa Nyabihu na Ruhango barishimira amazi meza bagejejweho nyuma y’imyaka irenga 30 bavoma amazi mu migezi.
Bamwe mu baturage bo mu duce dutandukanye two mu turere twa Nyabihu na Ruhango barishimira amazi meza bagejejweho nyuma y’imyaka irenga 30 bavoma amazi mu migezi.